Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Perezida Kagame yakiriye Ambasaderi w’u Burusiya mu Rwanda ucyuye igihe
Davido yashimiye abategura ibihembo bya Grammy Awards babizanye muri Afurika
Umugabo yarokotse isasu akingiwe n’umukufi yari yambaye mu ijosi
Uwagizwe Umuyobozi wungirije w’Umujyi wa Kigali, Fulgence Dusabimana, ni muntu ki?