StarTimes ikuzaniye AFCON 2023 na Rwanda Premier League

Kurikira imikino y’Igikombe cy’Afurika guhera tariki 13 Mutarama kugeza tariki 11 Gashyantare 2024 mu Cyongereza no mu Kinyarwanda, mu mashusho ya Full HD imbonankubone kuri Sports Premium, Sports Life na Magic Sports.

StarTimes ikuzaniye AFCON 2023
StarTimes ikuzaniye AFCON 2023

Turakwereka imikino yose uko ari 52 izakinirwa kuri Stade 6. Amakipe 24 agabanyije mu matsinda 6 afite ibihumbi by’abafana, bitegereje kuzihera amaso uzegukana iri rushanwa.

Ihere ijisho ibihangange ku Isi birimo Mohamed Salah, Sadio Mane, Victor Osmihen, Andre Onana, Mohammed Kudus, Riyad Mahrez, Achraf Hakimi n’abandi bahatanira iki gikombe cy’inzozi za buri mukinnyi wese kuri uyu mugabane.

Si ibyo gusa kuko tugufitiye na Rwanda Premier League, aho uzihera amaso imikino yo kwishyura.

Amakipe 16 azahura mu mikino yo kwishyura, uzareba amakipe yawe akomeye ukunda nka APR FC, Rayon Sports, Kiyovu Sports, Police FC, Mukura VS n’ayandi azaba ahatanira igikombe gitwarwa n’ikipe yahize ayandi mu mupira w’amaguru w’u Rwanda.

Irebere Rwanda Premier League kuri StarTimes
Irebere Rwanda Premier League kuri StarTimes

Iyi mikino yatangiye tariki 12 Mutarama ikazarangira tariki 15 Gicurasi 2024, izajya ikugeraho iwawe imbonankubone kuri Magic Sports mu mashusho ya HD. Iyi mikino yose ni ku bihumbi 4,500Frw cyangwa 3,500Frw ku ifatabuguzi ry’icyumweru, n’ibihumbi 12,000Frw cyangwa 11,000Frw ku ifatabuguzi ry’ukwezi.

Hamwe na StarTimes, Sangira ibyishimo n’abawe wirebera iyi mikino ku giciro gihendutse utasanga ahandi. Ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara 0788156600.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka