Muraho neza Kigali Today,
Birakwiye ko ubutaha mwazanoza ibi mwita ko ari ’live’ kuko biri hasi cyan; amafoto ni mabi, amakuru aratugera atinze nk’aho umunyamakuru wanyu mutwamwohereje kuri terrain (wagira ngo ari gutangaza ibyo abariyo mamubwiriye kuri telephoni). Ntekereza ko kuba iyi Tour yarazamuye urwego namwe mwari mukwiye kuzamura uburyo muduhamo amakuru, Murakoze!
François yanditse ku itariki ya: 1-03-2019 → Musubize
yewe aho uri kubura icyo utuka inka ukavuga ngo dore kiriya gicebe cyayo pe. abavandimwe ba Kigali Today koko batangiye nabi, ariko ubu bikosoye, kuva ku wakane hagaragaye impinduka rwose turabashimiye
UMUNTU UR KUDUHA UPDATE NTABWO ARI KUBIKORA NEZA RWOSE NKUBU KO IRANGIYE ATARADUHA UPDATE FINALE BIMEZE GUTE niba ari ikibazo cya network mwamufasha kigakemuka pe
ALLIAS yanditse ku itariki ya: 27-02-2019 → Musubize
Amakuru ntari kutugereraho igihe kbs amatsiko yatswishe mugerageze Live ibe Live.N’amafoto arakenewe,Thanks
Ismael yanditse ku itariki ya: 25-02-2019 → Musubize
Tours z’imyaka ishize wasanganga mutanga amakuru umunota ku wundi mufite n’amaforo meza cyane harimo naya foto nziza cyane yaciye agahigo ya za karongi ujya rusizi. Uyu mwaka tour du rwanda yazamutse ku rundi rwego rwo hejuru ariko mwe ndabna mwamanutse ku rwego rwo hasi murebe uko mwavugurura nk’uko iz’ubushize mwabikoraga. Mumbabarire mbaye decu kabs kuko nayikurikiraga hano ndi mu kandi kazi ariko ndabona uburyo muduha amakuru nkabona rwose hari ikibura
umunyonzi yanditse ku itariki ya: 25-02-2019 → Musubize
Live yanyu iri hasi pe! Nta mafoto nta ambiance umuntu abona. Plz mufite abanyamakuru besnhi mu ntara mukorere hamwe muduhe live nyayo.
Gasore yanditse ku itariki ya: 24-02-2019 → Musubize
We need more good photos. Plz!!!Th u
NIYITEGEKA yanditse ku itariki ya: 24-02-2019 → Musubize
Ni ya joseph haleluya ikayonza
Uwizeye jean de la croix yanditse ku itariki ya: 24-02-2019 → Musubize
Dear Kigali Today
Turabashimira ko mwumvise ibyifuzo byacu byo guhindura imikorere ya Live, kandi turabona koko yahindutse, amakuru ari kwihuta kandi akatugereraho igihe, nazengurutse nu bitangazamakuru byose nsanga muri aba mbere pe. Murakoze cyane
Muraho neza Kigali Today,
Birakwiye ko ubutaha mwazanoza ibi mwita ko ari ’live’ kuko biri hasi cyan; amafoto ni mabi, amakuru aratugera atinze nk’aho umunyamakuru wanyu mutwamwohereje kuri terrain (wagira ngo ari gutangaza ibyo abariyo mamubwiriye kuri telephoni). Ntekereza ko kuba iyi Tour yarazamuye urwego namwe mwari mukwiye kuzamura uburyo muduhamo amakuru, Murakoze!
yewe aho uri kubura icyo utuka inka ukavuga ngo dore kiriya gicebe cyayo pe. abavandimwe ba Kigali Today koko batangiye nabi, ariko ubu bikosoye, kuva ku wakane hagaragaye impinduka rwose turabashimiye
UMUNTU UR KUDUHA UPDATE NTABWO ARI KUBIKORA NEZA RWOSE NKUBU KO IRANGIYE ATARADUHA UPDATE FINALE BIMEZE GUTE niba ari ikibazo cya network mwamufasha kigakemuka pe
Amakuru ntari kutugereraho igihe kbs amatsiko yatswishe mugerageze Live ibe Live.N’amafoto arakenewe,Thanks
Tours z’imyaka ishize wasanganga mutanga amakuru umunota ku wundi mufite n’amaforo meza cyane harimo naya foto nziza cyane yaciye agahigo ya za karongi ujya rusizi. Uyu mwaka tour du rwanda yazamutse ku rundi rwego rwo hejuru ariko mwe ndabna mwamanutse ku rwego rwo hasi murebe uko mwavugurura nk’uko iz’ubushize mwabikoraga. Mumbabarire mbaye decu kabs kuko nayikurikiraga hano ndi mu kandi kazi ariko ndabona uburyo muduha amakuru nkabona rwose hari ikibura
Live yanyu iri hasi pe! Nta mafoto nta ambiance umuntu abona. Plz mufite abanyamakuru besnhi mu ntara mukorere hamwe muduhe live nyayo.
We need more good photos. Plz!!!Th u
Ni ya joseph haleluya ikayonza