Abo turibo

Kigali Today ni ikinyamakuru gikorera kuri Interineti cya sosiyete yigenga “Kigali Today Ltd”.

Iki kinyamakuru kihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bagisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Jean Charles Kanamugire, Umuyobozi mukuru wa Kigali Today Ltd
Jean Charles Kanamugire, Umuyobozi mukuru wa Kigali Today Ltd

Kugira ngo ibyo bigerweho, Kigali Today ikoresha abanyamakuru babyize kandi babifitiye uburambe, bubahiriza kandi bakaba banasobanukiwe n’amahame (deontological code) agenga umwuga wabo.

Tuzajya tubagezaho inkuru zanditse, izo mu majwi, mu mashusho, mu bishushanyo ndetse dukoreshe n’ubundi buryo bwose bwakoreshwa mu gutanga amakuru, kwigisha, kuvuganira ndetse no gushimisha abasura urubuga rwacu.

Aho icyicaro gikuru giherereye: CHIC building / First floor

"Amamaza ibikorwa byawe hamwe natwe"

Waba wifuza kwamamaza ibikorwa byawe kuri Kigali Today?

Isanzure utwandikire kuri [email protected] utumenyeshe ibikorwa byawe, natwe turabisakaza muri buri karere ku Rwanda no hanze y’igihugu!

Waba wifuza kwamamaza ibikorwa byawe kuri KT Radio 96.7 & 107.9FM, KT Press?

Waba wifuza ko dukurikirana ( Live ) ibikorwa byawe? Waba wifuza ko twandika inkuru ku bikorwa byawe, " bikamenyekana hirya no hino "?

Isanzure utwandikire:

Sales Department

Tel: +250 788351366

Email: [email protected], [email protected]

Murakoze.

Ibitekerezo

NDABAKUNDA NKUNDA AMAKURUMEZAMUTUGEZAHO ARIKO NASABAGA KO MWAJYAMUDUSHYIRIRAHO AMAKURUYABA SITAR MURAKOZE MY NMS MANISHIMWE ALPHANI FROM KIGALI

MANISHIMWE yanditse ku itariki ya: 14-04-2017

Igitekerezo Cyanjye Nuko Mbakunda.

Alexis yanditse ku itariki ya: 10-04-2017

Okay nishimiye ko nabambonye inkuru ya Prudance.ariko nifuzaga ko mwatugezaho amakuru ya Messi.

Gentil yanditse ku itariki ya: 5-04-2017

NAJYIRAGO.MUTUBWIRE.IJYIHE.BAZAFOTORERE

SIFA.MUKAHIRWA yanditse ku itariki ya: 26-03-2017

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.