Dr. Agnes Binagwaho ntakiri Minisitiri w’Ubuzima

Nk’uko tubikesha itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe, riravuga ko Perezida wa Repubulika yavanye mu mwanya uwari Minisitiri w’Ubuzima Madamu Dr. Agnes Binagwaho.

Dr Agnes Binagwaho wavanywe mu mirimo
Dr Agnes Binagwaho wavanywe mu mirimo
Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w'intebe
Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’intebe
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 13 )

ubusanzwe ntawuvaho atavuzwe kandi ntanujyaho hatavuze impundu gusa amavuriro yarahirimye burundu Abayobozi ba za hopital barafunzwe kubera kubategeka ko bazajya basubiza amafaranga bahawe hejuru

mavubi yanditse ku itariki ya: 25-07-2016  →  Musubize

Ibyumusaza yakoze nibyope byari bikwiriye doreko na Malalia yari yiyongereye muturere tw’Urwanda naruhuke bamugenere indimirimo aho yaragejeje turahamushimiye.

Cyuzuzo Pasteur Bonus yanditse ku itariki ya: 13-07-2016  →  Musubize

Ibyumusaza yakoze nibyope byari bikwiriye doreko na Malalia yari yiyongereye muturere tw’Urwanda naruhuke bamugenere indimirimo aho yaragejeje turahamushimiye.

Cyuzuzo P.Bonus yanditse ku itariki ya: 13-07-2016  →  Musubize

Kwisi byose birahinduka agahinda kuri binagwaho ibyishimo kugiye kumusimbura.

habinshuti azalias yanditse ku itariki ya: 13-07-2016  →  Musubize

Mbazumutima./vuguziga/mbivuga ahh

kamali yanditse ku itariki ya: 12-07-2016  →  Musubize

Furaha, just remember please the next UK prime minister is of the same age as Dr Binagwaho! Teresa May is 60 years of age!

Also, Donald Trump is 70, Hilary Clinton is 69, Angela Merkel is 62 to name but a few.

How old are Muzungus serving as "Consultant advisers" to our top politicians???

Simon yanditse ku itariki ya: 12-07-2016  →  Musubize

Banyarwanda, buriya umutoza mwiza ni umenya gukinisha abakinnyi afite mu kibuga. Ndashimira nyakubahwa president wa Repuburika ubushishozi ahorana bwo kureba ahari intege nke agashyiramo akagufu. Prsident wacu ni umugabo ndamukunda.Naho Binagwaho yihangane.

Maniraho Emmanuel yanditse ku itariki ya: 12-07-2016  →  Musubize

Tumushimire ibyiza yakoze, kuko mubuzima ntawukora ibibi gusa.

Kuko haraho agejeje iriya Ministere. Gusa igihe cyarikigeze ngo ahindurirwe imirimo.Aranakuze sinabonye afite imyaka 60. Yegereje pansiyo

furaha yanditse ku itariki ya: 12-07-2016  →  Musubize

Dr Agnes Binagwaho ntabwo muzi. Sindanamubona amaso ku maso. Nta n’ubwo kandi namenya icyatumye yamburwa imirimo.

Gusa Dady uvuga ngo "yahubukaga, ni umugome" sinzi aho abikura.

The problem of Rwandans who trained, worked and who have experiences working abroad often have an idealistic, honest and purely patriotic ambition to want just a bit more from our fellow countrymen and women. This is often interpreted by our fellow countrymen/women as being arrogant or pushy. It’s not.

Dr Binagwaho has more than 113 publications in peer reviewed scientific journals and her experience is evident if you review literature and membership in international institutions. So, we can only hope the successor can match such a rich pedigree.

Often having a serving minister who can, through professional merit, be part of such multinational bodies is a tremendous advantage. Otherwise we rely on the so called Consultant advisers who are Muzungus and whose loyalty often lies elsewhere...!

Simon yanditse ku itariki ya: 12-07-2016  →  Musubize

tumushimiye ibyoykoze naho ubundi yarananiwe

samuel yanditse ku itariki ya: 12-07-2016  →  Musubize

ndamushimira kuko nabonye bourse kubwe.

liliose yanditse ku itariki ya: 12-07-2016  →  Musubize

Ahaaa nawe arashyize agerwaho narinzi ko iyi ministers yayigabanye burundu! ahubwo se yasimbuwe na NDE?

mimi yanditse ku itariki ya: 12-07-2016  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka